-
UMURENGE WA KIGARAMA: Isoko ryo gukusanya no gutwara imyanda yo mu ngo; irya graphic design, printing and promotion materials; irya Decoration; irya sonorisation and sound system; iry’ibikoresho byo mu biro; iryo gukora no gusana imodoka y’umurenge; iryo gusana ibikoresho by’ikoranabuhanga…by Imvaho Nshya
-
Perezida Museveni yakiriye umugogo w’Umwami uherutse gutangaby MUGIRANEZA THIERRY
Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda ku kibuga cy’indege cya Entebbe i Kampala yahakiriye umugogo (umurambo) w’Umwami Oyo Nyimba Kabamba Iguru Rukidi IV w’Ubwami bwa Tooro uherutse […]
-
FIFA na UEFA bakomeje gushyamirana ku buyobozi bwa Gianni Infantinoby ISIMBI Estella
Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru ku Isi (FIFA) rirashinja Ishyirahamwe ry'Umupira w'Amaguru ku Mugabane w'u Burayi (…)
-
Nepal: Abahitanywe n’imyuzure bageze ku 1 303, naho 5 083 baburirwa irengeroby NYIRANEZA JUDITH
Abantu 1 303 bahitanywe n’imyuzure yibasiye Nepal mu cyumweru gishize kandi abantu 5 083 bo baburiwe irengero, nk’uko byatangajwe n’ikigo gishinzwe imicungire y’ubutabazi muri Nepal kuri […]
-
Fire Continues to Ravage Nyungwe Forest as More Than 17 Hectares Burnedby Andrew shyaka
A fire continues to ravage part of Nyungwe National Park in Muganza Sector, Nyaruguru District, with more than 17 hectares of the protected forest already affected as efforts to contain the blaze […]
-
Uko ibyamamare byaserutse mu muhango wo Kwita Izinaby MUTETERAZINA SHIFAH
Kwita Izina abana b’ingagi ni ibirori ngarukamwaka bifite umuzi mu muco nyarwanda, bigamije kurushaho kubunga bunga urusobe rw’ibinyabuzima hatezwa imbere ubukerarugendo. Kwita Izina bifite aho […]
-
Uko umuco n’amategeko bihuzwa n’imyambarire ikwiye mu ruhameby UMUSEKE
Iyi nyandiko ni Isesengura ry’umunyamategeko MUNYANDINDA Jean Bosco wo muri LEX NOVA Chambers aboneka kuri telefoni (+250) 788 383 936 Mu minsi ishize, mu Rwanda hongeye kuvuka impaka zikomeye ku […]
-
Kwita Izina bitwibutsa umutungo kamere twahawe- Minisitiri w’Intebeby KAMALIZA AGNES
Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr.Nsengiyumva Justin yagaragaje ko umunsi wo Kwita Izina abana b’ingagi ukomeye ku Rwanda kuko wibutsa Abanyarwanda agaciro k’umutungo kamere bahawe […]
-
Kwita Izina: Kenny Sol, Marina, Okkama na Senderi Hit bataramiye i Musanzeby Emmy
Abahanzi barimo Kenny Sol, RunUp, Marina, Okkama na Senderi Hit bari mu basusurukije abitabiriye igitaramo cyo guha (…)
-
Beyoncé yongeye gusohora “B'Day” mu kwizihiza imyaka 20 imaze isohotseby ISIMBI Estella
Umuhanzikazi w'icyamamare Beyoncé Knowles-Carter yashyize hanze verisiyo yihariye ya album ye ya kabiri ya studio, (…)
-
Urubyiruko rukurikiranwa n’ubushinjacyaha bukuru rwaragabanyutse 11%by MUTETERAZINA SHIFAH
Ubushinjacyaha Bukuru bwatangaje ko umubare w’Urubyiruko rukurikiranwa n’ubushinjacyaha bukuru ungana n’abantu 32 231 bahwanye na 40% bakaba baragabanyutseho 11% ugereranyije n’umwaka washije […]
-
NDAYISENGA Bosco yasabye guhindurirwa amazina akitwa NTAMBARA RUGEMA Boscoby ISIMBI Estella
uwitwa NDAYISENGA Bosco yasabye guhinduriwa amazina akitwa NTAMBARA RUGEMA Bosco mu gitabo cy'inyandiko z'amavuko.
-
Itafari ryagwiriye umuntu arapfaby Elisée MUHIZI
Muhanga: Mukaruyonga Cathérine, umukecuru w’imyaka 87 y’amavuko yagwiriwe n’itafari ryo mu bwoko bwa rukarakara riramwica. Iyi mpanuka y’itafari ryishe umukecuru yabereye mu Mudugudu wa […]
-
Patrice Evra yavuze ko imwe mu mpamvu yaje mu Rwanda ari Perezida Kagameby Emmy
Umufaransa wahoze akinira Manchester United, Patrice Evra yavuze ko mu myaka itandatu ishize yari yarasezeranyije (…)
-
ONU iratora ku ikarita y'isi kugira ngo Afurika igaragazwe uko ingana mu by'ukuri.by ISIMBI Estella
Iyo urebye ku ikarita y'isi ikoreshwa cyane, Afurika na Greenland bisa n'aho bingana. Nyamara mu by'ukuri, Afurika (…)
-
U Rwanda mu bihugu bizabona kuri miliyari 294 Frw zagenewe abahinziby NTAWITONDA JEAN CLAUDE
Abahinzi bo mu Rwanda bari mu bungutse amahirwe yo kubona inkunga muri miliyoni 200 z’amadolari ya Amerika (miliyari zisaga 294 z’amafaranga y’u Rwanda) zashyizweho mu kongerera abahinzi […]
-
Abanyarwanda batuye mu Bubiligi bagiye kongera guhurira i Namurby HABIMANA Sadi
Ku nshuro ya 14, Abanyarwanda batuye mu Bubiligi bagiye kongera guhurira mu Mujyi wa Namur mu bikorwa birimo Imyidagaduro ngarukamwaka. Ni igikorwa giteganyijwe kuzakorwa kuwa Gatandatu, tariki ya […]
-
Intara y’Amajyaruguru igiye guhabwa miliyari 2 Frw zavuye mu bukerarugendoby ZIGAMA THEONESTE
Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru,Mugabowagahunde Maurice yagaragaje ko binyuze mu gusaranganya umusaruro winjijwe n’ubukerarugendo iyo Ntara igiye guhabwa miliyari 2 z’amafaranga y’u […]
Click to return to the Right News, Right Now Directory
Porcellato.com participates in the Amazon Services LLC Associates Program. Affiliate advertising programs provide a means for website owners to earn advertising income by advertising and linking to Amazon.com.

